Monday, September 26, 2016

IBYO RUBANDA BIRENGAGIZA MBERE YOKUNENGA RSSB' VISION CITY

NKUKO izina ryayo ribivuga nyine ni vision city sinzu zokwigonderwa natwe!!!! rubanda rwa none gusa abantu benshi batanga ibitekerezo byabo bagendeye kuri they life babamo ariko bakirengagiza kurebera in general view ugasanga umuntu akodesha inzu ya 70k yasoma inkuru zinzu ya 500million ati ariko sha mubona izinzu arinde uzazigura? dont worry siwowe smart kurusha abashoye za trion zabo bubaka ayo mazu, technically dore ibyo abantu birengagiza mbere yo kunega iyubakwa ryayo

UFATA UTE "NIBA WEMERA IMANA COMMENTENG AMEN, UKANDE LIKE, UKORE SHARE"? UKO MBIBONA

Twese ushobora kugera online cg kuri social media cyane cyane facebook na whatsapp iyi neruro imaze kumenyerwa yewe yabanje mundimi zamahanga niwacu siyahatangwa imaze kumenyerwa noneho wakibaza ikibitera kugirango umuntu yandike ariya magambo nandi byenda gusa gusa bitewe naho njyewe kugiti cyange nyibona igaragara kumpamvu zigeze kuri eshatu 

(AMEN bisobanuye ngo "bibe bityo" mbese ibyo usomye bibe bityo)

Friday, September 23, 2016

ESE IYO BASENYEYE UWUBATSE NTARUHUSHYA RWO KUBAKA BABA BAMUHOHOTEYE? SOBANUKIRWA AMAKOSA AKORWA MUBWUBATSI NIBIHANO BYAYO NKUKO IGAZITE YA LETA IBISOBANURA

Kenshi dukunda kumva hirya no hino basenye abantu tukibaza niba barenganye cg batarenganye, nta Gihugu cyabaho
kitagira amategeko akigenga kdi inteko nshinga mategeko nicyo ibereyeho, niba tumaze kumenyera ko umushoferi ukoze amakosa
mumuhanda acibwa amafaranga kubera amakosa akoze nomubwubatsi nuko bimeze igisigaye nuko abaturage tubimenyera nkuko iyo utwaye imodoka nta ruhushya rwo gutwara ufite baguca 500000frw kdi nimodoka igakurwa aho nufite uruhushya rwo kuyitwara ninako hari ibihano bifatirwa abubaka ntaruhushya.
nifashishije UMUGEREKA WA 3 W ITEKA RYA MINISTERI N0 04/CAB.M/015 RYO KUWA 18/05/2015 RISHYIRAHO AMABWIRIZA AJYANYE N IMITUNGANIRIZE Y IMIJYI kuko niryo rigaragaza

Monday, August 22, 2016

UMWANA WAWE MURI CRESHE, NAWE ITEGURE KUZiNJYANA MURI ELDERLY CARE (INZU ZIBAMO ABASHAJE)!!!!!

Mu rwanda creshe zimaze kumenyerwa nyuma yuko imyitwarire yabakozi bomurugo iteye inyeke ababyeyi bakiyemeza kujya banjyana abana babo muri day care aho babasiga tondo bakaza kubafata bwije batashye ibi biterwa nuko

Tuesday, June 14, 2016

IBYIZA BY UBURWAYI, IBYIZA BYO KUBABARA (pain is unwanted gift from GOD)

Umuntu aremanye ubuhanga bwinshi ariko nanone ubwo buhanga aremanye bushobora kuyoyoka mukanya gato
nkako guhumbya, twese turarwara twese turarabara, akenshi iyuri muzima suta umwanya  cyane kugutekereza
kubabaye, gusa wakibaza uti ese koko imana nigute yemera ko abagaragu bayo babazwa nuburwayi? ese hari ikiza cyuburwayi?
ese imana i caring kubantu baryamye hirya no hino mubitaro?
dore uko njyewe kugiti cyanjye mbyumva, niyumvishako uburwayi cg akababaro bitabaho natwe ntabuzima twagira kuko burikintu cyose ushobora kukirebera muruhande ushake, muruhande rwiza cg rubi.
reka turebe uruhande rwiza rwububabare cg uburwayi, duhereye kububabare, imiterere yumuntu cg

Friday, June 10, 2016

NI GUTE WAGAFASHE TECHNOLOGY (COMPUTER) URAMUTSE URUMUNTU UKORA BUSINESS IRAMBYE?

Buruko bwije buruko bucyeye byinshi birahinduka kubera ikoranabuhanga, ese turebebye murwego rwa business imitererimbere y ikoranabuhanga ihindura ibintu ite?
amwe muma business yasagambye mukinyejena cya 20 cyose mucyakurikiyeho cya 21 kimaze imyaka 16 gusa naho hahindutse mbyinshi, aha wakwibaza uti nigute high tech ituma inganda zifunga imiryango?
ubwo abazungu bazaga mu rwanda nibo bazanye amafoto uko abanyarwanda batera imbere niko byagiye bisakara kugeza ubwo buriwese yashoboraga kwigondera ifoto kuko 200frw gusa warifotozaga, amakwe iminsi mikuru ibintu byose abantu bishimiraga barifotozaga, mumwaka 1998 uruganda rwakoraga filime (niko bazitaga bashyiraga muri appareil photo)  rwari rufite abakozi 170,000 gusa ubu rukoresha abakozi 6500 gusa, nyamara rwahoze rufite 85% byisoko ryamafoto nyamara mukanya nkako guhumbya digital camera zaraje kdi ubwo iya 1 yaje 1975 yifitiye 10,000 pixels gusa (nyamara ama smart phone yubu afite 12 megapixels zingana na 12,000,000) nukuvuga ngo mumyaka micye gusa ubukana bwikubye inshuro 1200.

Sunday, April 24, 2016

ESE KWIRINDA GUSAMA NYUMA YIMIBONANO MuZABITSINA IDAKINGIYE NU GUKURAMO INDA?


Ese mbere wakibaza uti gutwita(pregnancy) bitangira ryari? Numunsi intanga zahuriyeho?cg nigihe igi ryafashe muri uterus? Uko wasubiza icyo kibazo kose sibyahindura uburebure bwo gutwita bwi ibyumweru 40 kdi ibi byumweru bitangirara numunsi uwasamye aherukira gutangira imihango aheruka, gukuramo inda nicyaha gihanwa namategeko ese ayo mategko agendera kubuhe busobanuro bwi gihe gutwita bitangirira? Ese ko aricyaha gukuramo inda ijambo ryimana rivugako gutwita bitangira ryari? Bitewe naho uherereye namategeko mugenderaho (government policy) wamenya Aho kwirinda gusama nyuama yimibonano idakingiye arikimwe no gukuramo inda
Gusa mugitabo cyamategeko yurwanda ntago basobanura ijambo pregnancy ubwo abacamanza iyo bahuye nizi case sinzi uko babyanzura
Ushobora kwirinda gusama nanyuma yuko ukora imibonano muza bitsina idakingiye
Kuko ni uburyo butari ugukuramo inda nkuko bamwe babitekereza kuko butuma umuntu adasama ntibutuma umuntu akuramo inda yasamye

Uburyo bwo kwirinda gusama inda nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsinaidakingiye cg uburyo bwo kwikingira wakoresheje bwanze( urugero: agakingirizo wakoresheje kacitse,...)
-ni uburyo bw ibinini ndetse n ubw agapira kajya m umura
-uburyo bw ibinini bukoreshwa mu minsi 3 kugera kuri itanu nyuma yo gukora imibonano idakingiye cg uko wikingiye byanze ariko uburyo bw agapira bushobora gukoreshwa kugera ku munsi wa 7 nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina


Thursday, April 21, 2016

KUKI UDAKWIYE KWEMERA FACTURE ITARIYA EBM

KUbatazi EBM (electronic billing machine) ni akamashini ga printing inyemezabuguzi, Urwanda nkibindi bihugu byateye imbere bihanganye nikibazo cyinyerezwa ryimisoro kubacuruzi aha twatangira twibaza tuti kuki dusora? ninde usora? muri budget ya 2015/2016 yurwanda hazakoreshwa billion 1768frw aho billion 938frw zizaturuka mumisoro biragaragara plus de 50% yamafaranga acyenerwa nigihugu ko aturuka mumisoro.



UKO WAFUNGA ENTERPRISE CG COMPANY

Murwanda bimaze kumenyerwa ko gufungura company cg gutangira business byoroshye kdi byihuta bitewe nikoranabuhanga  rikoreshwa aho mumasaha atarenze 6 gusa uba ubonye certificate ikwemerera gukora ubucuruzi bwawe, bavuga ko gufungura company cg enterprise arubunu kuko nta mafaranga wishyura RDB ikigo kigihugu gifite munshingano zacyo kwandika ama sosiyete yubucuruzi gusa udafite ubumenyi bwo gukoresha mudasobwa cg udasobanukiwe nimiterere yama company naza enterprise nanone siyabasha kuyifungurira niyo mpamvu hari abantu hirya no hino bafasha gufungura izo company nubwo muri RDB nabo babifungurira ubuntu gusa abantu bacibwa inege numurongo muremure uhahora nuko bagahitamo ababafasha kuruhande bakabaha ninama kubyo badasobanukiye, kurabo bantu rero igiciro murumvikana akenshi nihagati ya 1000frw kugeza kuri 15000frw.