Thursday, November 30, 2017

INTASHYO By Israël MBONYI lyrics

*INTASHYO By Israël MBONYI*
~-------------------------------------------------~
*_Izo n'intashyo mubwire  abakunzi b'umusaraba, igihe ni iki ngo biyambure ubwirabure mbahaye Imbaraga z'umunsi w'ejo_*.
|•••| Imbaraga z'ibihe bizaza|•••|

Sunday, October 29, 2017

TUGUFASHE KUBONA URUHUSHYA RWO KUBAKA AHARIHOHOSE MU RWANDA (WE CAN HELP U OBTAINING BUILDING PERMIT IN RWANDA)

Utagera imbwami abeshywa byinshi nikenshi abantu bibeshya kumategeko na mabwiriza yigihugu cy URWANDA kdi aranditse aranahamye
ntizimbye mumagambo rero hakomeje kugaragara amakosa menshi kdi ahanirwa ariko abantu bakomeje kwirengagiza kdi yabajyana mugihombo
1-kwaka uruhushya rwo kubaka uziko wujuje ibisabwa ugahita utangira kubaka utararubona
2-kumvako inzu niyuzura uzaba utsinze igitego ntawuzayisenya
3-abantu bubaka ama etage badafite abakozi babifitiye ububasha

Friday, October 27, 2017

BYINSHI UTARUZI KUMIKORERE YICUPA RYA GAZ DUTEKESHA

Uzakore kwicupa rya gaz burigihe uzasanga akenshi riba rikonje yewe harinaho uzabona icupa ryayo ryabaye amzi inyuma cg hajeho barafu
uzacuguse icupa rya gaz uzumva ijegeramo nkaho aramazi (liquid )
izibonerana zo usanga uyirebamo nkamazi (liquid)

Monday, September 11, 2017

HARI UBUZIMA LYRICS BY ISRAEL MBONYI

mubwire abantu ibyijuru
ibyururutsa imitima
muvugeko bahiriwe
muvuge ubundi buzima
abafite imvune mubasindagize
duhungire kwibendera ribasha kuturengera
iyeee harubuzima iyo muri we

Tuesday, June 13, 2017

KUMAREMBO BY ISRAEL MBONYI LYRICS

KUMAREMBO 


IGIHE YANYIBUTSE MWIJORO RYUMURUHO
NARIMEZE NKUTAGIRA INGANDO
NASETA IBIRENGE NGO NGERE KWIRIBA
NARIRIMBAGA IZURUKUMBUZI
ZAMBABAZI NYINSHI ZINYEGEZA HAFI
YAMAGAMBO MEZA AMESHA KWINJIRA
NDEMEZWA NDEMERA
DORE NARAYE KUMAREMBO YIJURU

Friday, March 10, 2017

IMPAMVU NARETSE BURUNDU GUKORESHA FACEBOOK

FACEBOOK yabaye akarorero kuva mumyaka myinshi ishize ariko buri muntu agira experience bitewe nigihe yayigiriyeho abantu rero bamaze kuyibona bitandukanye bitewe na facts nyinshi.
iyo uyikoresha uba wumvaa utazayireka kuko ni social media yubakanye ubuhanga buhanitse iyo ukiyigeraho ibintu byose abaribyiza ubona bakubaza abantu niba ubazi koko ugasanga urabazi
nagiye ngerageza kuva kuri facebook ariko bikanga gusa nuko igihe cyari kitaragera wenda nawe uri gusoma ibi ushobora kuba ufite umugambi wo kuyireka arko ukumva biranze humura nuko igihe kitagera
DORE IMPAMVU ZATUMYE NGENDA NANGA FACEBOOK PAKA NYIVUYEHO BINYOROHEYE KUBURYO NTACYEKAGA