Monday, August 22, 2016

UMWANA WAWE MURI CRESHE, NAWE ITEGURE KUZiNJYANA MURI ELDERLY CARE (INZU ZIBAMO ABASHAJE)!!!!!

Mu rwanda creshe zimaze kumenyerwa nyuma yuko imyitwarire yabakozi bomurugo iteye inyeke ababyeyi bakiyemeza kujya banjyana abana babo muri day care aho babasiga tondo bakaza kubafata bwije batashye ibi biterwa nuko
abadamu bubu batakirera abana nkabacyera aho wasangaga akazi kumugore murugo arukurera abana kugeza bakuze naho ubu nabo bajya kunganira abagabo babo gushaka ibitunga urugo bityo ibintu bikaba byarahindutse atari nkacyera uko byahoze. nkigihugu kirimunzira yamanjyambere kigomba guca aho ibindi byateye imbere byanyuze
 imibare yabatuye urwanda yerekana ko 51% yabatuye U Rwanda barimunsi yimyaka 20 niyompamvu for now tutaracyenera amazu yabasaza kuko umubare munini cyane uracyari uwabantu badakuze gusa bitewe no kujijuka bigenda byiyongera cyane cyane mubice byimigi umubare wabana babyarwa ugenda ugabanuka bikaba bizakomeza kugenda bigabanuka kugeza ubwo umubare wabakuze ugenda unganza uwabatoya, umuntu uko asaza rero niko irwara ziba nyinshi ninako agenda asubira ibwana neza neza then wamwana umwe cg babiri tuzabyara bazaba bafite imiryango yabo yokwitaho sibizoroha kubonera abantu bakuru umwanya nubushobozi byo kubitaho bityo mumyaka 50 irimbere abazagira amahirwe yo kwisazira nukujya berekeza murizo nzu zita kubasaza nibwo noneho kuzigamira izabukuru bizahabwa ahagaciro bikwiye ureke ubu byitirirwa gusa, ese wazarenganya umwana uzabyra ngo sakubonera umwanya wo kugusazisha kdi nawe warabuze umwanya uwo kumurera ubwo wamujyanaga creshe?
ngaye nguko kuri njyewe ndumva utamurenganya kuko mukinyarwanda baravugango ntamwana uruta undi pe, cyera uuntu yabayaraga abana benshi abatezeho amakiriro sinizera ko kugeza ubu arko bikiri cg ariko bizamera mumyaka irimbere

No comments:

Post a Comment