
imibare yabatuye urwanda yerekana ko 51% yabatuye U Rwanda barimunsi yimyaka 20 niyompamvu for now tutaracyenera amazu yabasaza kuko umubare munini cyane uracyari uwabantu badakuze gusa bitewe no kujijuka bigenda byiyongera cyane cyane mubice byimigi umubare wabana babyarwa ugenda ugabanuka bikaba bizakomeza kugenda bigabanuka kugeza ubwo umubare wabakuze ugenda unganza uwabatoya, umuntu uko asaza rero niko irwara ziba nyinshi ninako agenda asubira ibwana neza neza then wamwana umwe cg babiri tuzabyara bazaba bafite imiryango yabo yokwitaho sibizoroha kubonera abantu bakuru umwanya nubushobozi byo kubitaho bityo mumyaka 50 irimbere abazagira amahirwe yo kwisazira nukujya berekeza murizo nzu zita kubasaza nibwo noneho kuzigamira izabukuru bizahabwa ahagaciro bikwiye ureke ubu byitirirwa gusa, ese wazarenganya umwana uzabyra ngo sakubonera umwanya wo kugusazisha kdi nawe warabuze umwanya uwo kumurera ubwo wamujyanaga creshe?
ngaye nguko kuri njyewe ndumva utamurenganya kuko mukinyarwanda baravugango ntamwana uruta undi pe, cyera uuntu yabayaraga abana benshi abatezeho amakiriro sinizera ko kugeza ubu arko bikiri cg ariko bizamera mumyaka irimbere
No comments:
Post a Comment