Monday, September 26, 2016

IBYO RUBANDA BIRENGAGIZA MBERE YOKUNENGA RSSB' VISION CITY

NKUKO izina ryayo ribivuga nyine ni vision city sinzu zokwigonderwa natwe!!!! rubanda rwa none gusa abantu benshi batanga ibitekerezo byabo bagendeye kuri they life babamo ariko bakirengagiza kurebera in general view ugasanga umuntu akodesha inzu ya 70k yasoma inkuru zinzu ya 500million ati ariko sha mubona izinzu arinde uzazigura? dont worry siwowe smart kurusha abashoye za trion zabo bubaka ayo mazu, technically dore ibyo abantu birengagiza mbere yo kunega iyubakwa ryayo

UFATA UTE "NIBA WEMERA IMANA COMMENTENG AMEN, UKANDE LIKE, UKORE SHARE"? UKO MBIBONA

Twese ushobora kugera online cg kuri social media cyane cyane facebook na whatsapp iyi neruro imaze kumenyerwa yewe yabanje mundimi zamahanga niwacu siyahatangwa imaze kumenyerwa noneho wakibaza ikibitera kugirango umuntu yandike ariya magambo nandi byenda gusa gusa bitewe naho njyewe kugiti cyange nyibona igaragara kumpamvu zigeze kuri eshatu 

(AMEN bisobanuye ngo "bibe bityo" mbese ibyo usomye bibe bityo)

Friday, September 23, 2016

ESE IYO BASENYEYE UWUBATSE NTARUHUSHYA RWO KUBAKA BABA BAMUHOHOTEYE? SOBANUKIRWA AMAKOSA AKORWA MUBWUBATSI NIBIHANO BYAYO NKUKO IGAZITE YA LETA IBISOBANURA

Kenshi dukunda kumva hirya no hino basenye abantu tukibaza niba barenganye cg batarenganye, nta Gihugu cyabaho
kitagira amategeko akigenga kdi inteko nshinga mategeko nicyo ibereyeho, niba tumaze kumenyera ko umushoferi ukoze amakosa
mumuhanda acibwa amafaranga kubera amakosa akoze nomubwubatsi nuko bimeze igisigaye nuko abaturage tubimenyera nkuko iyo utwaye imodoka nta ruhushya rwo gutwara ufite baguca 500000frw kdi nimodoka igakurwa aho nufite uruhushya rwo kuyitwara ninako hari ibihano bifatirwa abubaka ntaruhushya.
nifashishije UMUGEREKA WA 3 W ITEKA RYA MINISTERI N0 04/CAB.M/015 RYO KUWA 18/05/2015 RISHYIRAHO AMABWIRIZA AJYANYE N IMITUNGANIRIZE Y IMIJYI kuko niryo rigaragaza