Monday, September 26, 2016

IBYO RUBANDA BIRENGAGIZA MBERE YOKUNENGA RSSB' VISION CITY

NKUKO izina ryayo ribivuga nyine ni vision city sinzu zokwigonderwa natwe!!!! rubanda rwa none gusa abantu benshi batanga ibitekerezo byabo bagendeye kuri they life babamo ariko bakirengagiza kurebera in general view ugasanga umuntu akodesha inzu ya 70k yasoma inkuru zinzu ya 500million ati ariko sha mubona izinzu arinde uzazigura? dont worry siwowe smart kurusha abashoye za trion zabo bubaka ayo mazu, technically dore ibyo abantu birengagiza mbere yo kunega iyubakwa ryayo


1- the owner they dont care about igihe return on investment izazira
 ayamazu naya RSSB (rwanda social security board) nukuvuga bitewe nimikorere yikikigo yokubika amafaranga icyo bacyeneye nukubyaza mafaranga inyungu not kujya kuyahunika muma bank nukuvugango bo they dont care about igihe return on investment izazira

2- harigahunda yukubaka amazu yo guturamo 4500 mubyiciro bine
vision city nikiciro cya 1 cyenda kurangira cyamazu 500 nukuvuga ngo kuba utibona murizi nzu za vip humura muzindi 4000 uzibonamo zizubakwa nyuma yizi.

3- hagezweho kugura neighbourhood
as uko igihugu gitera imbere rich become more richer and poor become more poor, ibi bizateza insecurity mumugi cg mugihugu then abakire nabifite bazacyenera kuba mumazu ndetse nomuduce dutekanye, aho abana babo bazakina bari safe, ushobora kubaka inzu nziza ariko ukanjya uhamagara umuzamu ngo agufungurire urugi utarahagera kugirango hatazagira abazakugirira nabi uri kumuhanda bataragufungurira

4- amazu yubu asigaye ahenda kuburyo kiriya giciro kidakabije pe
abantu benshi bagenda babona abakire buzuza ama villa yo kubamo ariko sibazi uko amazu ariguhenda aho usanga umuntu yubatse inzu ya 120M (Inzu gusa hatabariwemo ibikoresho byimbere hatabariwemo nikibanza), ikibanza cya 10million mubusanza sikinini cyane ngaho reba ziriya nzu ahantu zubatse wumve ikibanza zihagazeho uko kigura.

5- u cant predict what future will bring
imyaka 15 ishize ntawari kwemera ko 2016 abantu bazanjya bakoresha smartphone za 600,000frw ahusanga umuntu afite phone irenze imwe kdi zihenze imwe izikubita hasi ikameneka imwe baziba byoroshye yangwa mumazi akajugunya, aho siwamenya aho abantu bazaba bageze in coming years about money

6 target clients bayamazu nibande?
ubwo umunyamakuru yabazaga CEO  wa UDL ati "ayamazu mwayubakiye bande?" yamusubije muraya magambo "our target customer are homebuyer who is looking for premium home in a prime neighbourhoud furnished with state of the art infrastructure ......  " urabonako aba kiriya biteze atari wowe niba udashakisha inzu irimurwego rwo hejuru mugace komurwego rwohejuru nibikoresho byubwenge.

7-izi nzu zishobora kwishyurwa mubyiciro bitewe na deal mwagiranye doreko bo ikibaraje inshinga atari ukaguruza soon as possible ayo bashoye. aha ushobora kuyihabwa wishyuye 30% gusa yayo igura.

gusa abizi uyumushinga niba batarahaye uburambe (durability) izi nyubako nibikorwa remezo byazo bazahomba tuzaziberamo macye in coming years

muri no si jya wiririra kurwego rwawe ubaho nta moto nyamara abandi batwara V8, ugurirwa petit skol ya 500 nyamara harabandi bagurirwa remy martin za 150,000 icupa rimwe


No comments:

Post a Comment