Thursday, November 30, 2017

INTASHYO By Israël MBONYI lyrics

*INTASHYO By Israël MBONYI*
~-------------------------------------------------~
*_Izo n'intashyo mubwire  abakunzi b'umusaraba, igihe ni iki ngo biyambure ubwirabure mbahaye Imbaraga z'umunsi w'ejo_*.
|•••| Imbaraga z'ibihe bizaza|•••|

Sunday, October 29, 2017

TUGUFASHE KUBONA URUHUSHYA RWO KUBAKA AHARIHOHOSE MU RWANDA (WE CAN HELP U OBTAINING BUILDING PERMIT IN RWANDA)

Utagera imbwami abeshywa byinshi nikenshi abantu bibeshya kumategeko na mabwiriza yigihugu cy URWANDA kdi aranditse aranahamye
ntizimbye mumagambo rero hakomeje kugaragara amakosa menshi kdi ahanirwa ariko abantu bakomeje kwirengagiza kdi yabajyana mugihombo
1-kwaka uruhushya rwo kubaka uziko wujuje ibisabwa ugahita utangira kubaka utararubona
2-kumvako inzu niyuzura uzaba utsinze igitego ntawuzayisenya
3-abantu bubaka ama etage badafite abakozi babifitiye ububasha

Friday, October 27, 2017

BYINSHI UTARUZI KUMIKORERE YICUPA RYA GAZ DUTEKESHA

Uzakore kwicupa rya gaz burigihe uzasanga akenshi riba rikonje yewe harinaho uzabona icupa ryayo ryabaye amzi inyuma cg hajeho barafu
uzacuguse icupa rya gaz uzumva ijegeramo nkaho aramazi (liquid )
izibonerana zo usanga uyirebamo nkamazi (liquid)

Monday, September 11, 2017

HARI UBUZIMA LYRICS BY ISRAEL MBONYI

mubwire abantu ibyijuru
ibyururutsa imitima
muvugeko bahiriwe
muvuge ubundi buzima
abafite imvune mubasindagize
duhungire kwibendera ribasha kuturengera
iyeee harubuzima iyo muri we

Tuesday, June 13, 2017

KUMAREMBO BY ISRAEL MBONYI LYRICS

KUMAREMBO 


IGIHE YANYIBUTSE MWIJORO RYUMURUHO
NARIMEZE NKUTAGIRA INGANDO
NASETA IBIRENGE NGO NGERE KWIRIBA
NARIRIMBAGA IZURUKUMBUZI
ZAMBABAZI NYINSHI ZINYEGEZA HAFI
YAMAGAMBO MEZA AMESHA KWINJIRA
NDEMEZWA NDEMERA
DORE NARAYE KUMAREMBO YIJURU

Friday, March 10, 2017

IMPAMVU NARETSE BURUNDU GUKORESHA FACEBOOK

FACEBOOK yabaye akarorero kuva mumyaka myinshi ishize ariko buri muntu agira experience bitewe nigihe yayigiriyeho abantu rero bamaze kuyibona bitandukanye bitewe na facts nyinshi.
iyo uyikoresha uba wumvaa utazayireka kuko ni social media yubakanye ubuhanga buhanitse iyo ukiyigeraho ibintu byose abaribyiza ubona bakubaza abantu niba ubazi koko ugasanga urabazi
nagiye ngerageza kuva kuri facebook ariko bikanga gusa nuko igihe cyari kitaragera wenda nawe uri gusoma ibi ushobora kuba ufite umugambi wo kuyireka arko ukumva biranze humura nuko igihe kitagera
DORE IMPAMVU ZATUMYE NGENDA NANGA FACEBOOK PAKA NYIVUYEHO BINYOROHEYE KUBURYO NTACYEKAGA

Monday, September 26, 2016

IBYO RUBANDA BIRENGAGIZA MBERE YOKUNENGA RSSB' VISION CITY

NKUKO izina ryayo ribivuga nyine ni vision city sinzu zokwigonderwa natwe!!!! rubanda rwa none gusa abantu benshi batanga ibitekerezo byabo bagendeye kuri they life babamo ariko bakirengagiza kurebera in general view ugasanga umuntu akodesha inzu ya 70k yasoma inkuru zinzu ya 500million ati ariko sha mubona izinzu arinde uzazigura? dont worry siwowe smart kurusha abashoye za trion zabo bubaka ayo mazu, technically dore ibyo abantu birengagiza mbere yo kunega iyubakwa ryayo

UFATA UTE "NIBA WEMERA IMANA COMMENTENG AMEN, UKANDE LIKE, UKORE SHARE"? UKO MBIBONA

Twese ushobora kugera online cg kuri social media cyane cyane facebook na whatsapp iyi neruro imaze kumenyerwa yewe yabanje mundimi zamahanga niwacu siyahatangwa imaze kumenyerwa noneho wakibaza ikibitera kugirango umuntu yandike ariya magambo nandi byenda gusa gusa bitewe naho njyewe kugiti cyange nyibona igaragara kumpamvu zigeze kuri eshatu 

(AMEN bisobanuye ngo "bibe bityo" mbese ibyo usomye bibe bityo)

Friday, September 23, 2016

ESE IYO BASENYEYE UWUBATSE NTARUHUSHYA RWO KUBAKA BABA BAMUHOHOTEYE? SOBANUKIRWA AMAKOSA AKORWA MUBWUBATSI NIBIHANO BYAYO NKUKO IGAZITE YA LETA IBISOBANURA

Kenshi dukunda kumva hirya no hino basenye abantu tukibaza niba barenganye cg batarenganye, nta Gihugu cyabaho
kitagira amategeko akigenga kdi inteko nshinga mategeko nicyo ibereyeho, niba tumaze kumenyera ko umushoferi ukoze amakosa
mumuhanda acibwa amafaranga kubera amakosa akoze nomubwubatsi nuko bimeze igisigaye nuko abaturage tubimenyera nkuko iyo utwaye imodoka nta ruhushya rwo gutwara ufite baguca 500000frw kdi nimodoka igakurwa aho nufite uruhushya rwo kuyitwara ninako hari ibihano bifatirwa abubaka ntaruhushya.
nifashishije UMUGEREKA WA 3 W ITEKA RYA MINISTERI N0 04/CAB.M/015 RYO KUWA 18/05/2015 RISHYIRAHO AMABWIRIZA AJYANYE N IMITUNGANIRIZE Y IMIJYI kuko niryo rigaragaza

Monday, August 22, 2016

UMWANA WAWE MURI CRESHE, NAWE ITEGURE KUZiNJYANA MURI ELDERLY CARE (INZU ZIBAMO ABASHAJE)!!!!!

Mu rwanda creshe zimaze kumenyerwa nyuma yuko imyitwarire yabakozi bomurugo iteye inyeke ababyeyi bakiyemeza kujya banjyana abana babo muri day care aho babasiga tondo bakaza kubafata bwije batashye ibi biterwa nuko

Tuesday, June 14, 2016

IBYIZA BY UBURWAYI, IBYIZA BYO KUBABARA (pain is unwanted gift from GOD)

Umuntu aremanye ubuhanga bwinshi ariko nanone ubwo buhanga aremanye bushobora kuyoyoka mukanya gato
nkako guhumbya, twese turarwara twese turarabara, akenshi iyuri muzima suta umwanya  cyane kugutekereza
kubabaye, gusa wakibaza uti ese koko imana nigute yemera ko abagaragu bayo babazwa nuburwayi? ese hari ikiza cyuburwayi?
ese imana i caring kubantu baryamye hirya no hino mubitaro?
dore uko njyewe kugiti cyanjye mbyumva, niyumvishako uburwayi cg akababaro bitabaho natwe ntabuzima twagira kuko burikintu cyose ushobora kukirebera muruhande ushake, muruhande rwiza cg rubi.
reka turebe uruhande rwiza rwububabare cg uburwayi, duhereye kububabare, imiterere yumuntu cg

Friday, June 10, 2016

NI GUTE WAGAFASHE TECHNOLOGY (COMPUTER) URAMUTSE URUMUNTU UKORA BUSINESS IRAMBYE?

Buruko bwije buruko bucyeye byinshi birahinduka kubera ikoranabuhanga, ese turebebye murwego rwa business imitererimbere y ikoranabuhanga ihindura ibintu ite?
amwe muma business yasagambye mukinyejena cya 20 cyose mucyakurikiyeho cya 21 kimaze imyaka 16 gusa naho hahindutse mbyinshi, aha wakwibaza uti nigute high tech ituma inganda zifunga imiryango?
ubwo abazungu bazaga mu rwanda nibo bazanye amafoto uko abanyarwanda batera imbere niko byagiye bisakara kugeza ubwo buriwese yashoboraga kwigondera ifoto kuko 200frw gusa warifotozaga, amakwe iminsi mikuru ibintu byose abantu bishimiraga barifotozaga, mumwaka 1998 uruganda rwakoraga filime (niko bazitaga bashyiraga muri appareil photo)  rwari rufite abakozi 170,000 gusa ubu rukoresha abakozi 6500 gusa, nyamara rwahoze rufite 85% byisoko ryamafoto nyamara mukanya nkako guhumbya digital camera zaraje kdi ubwo iya 1 yaje 1975 yifitiye 10,000 pixels gusa (nyamara ama smart phone yubu afite 12 megapixels zingana na 12,000,000) nukuvuga ngo mumyaka micye gusa ubukana bwikubye inshuro 1200.