Friday, March 10, 2017

IMPAMVU NARETSE BURUNDU GUKORESHA FACEBOOK

FACEBOOK yabaye akarorero kuva mumyaka myinshi ishize ariko buri muntu agira experience bitewe nigihe yayigiriyeho abantu rero bamaze kuyibona bitandukanye bitewe na facts nyinshi.
iyo uyikoresha uba wumvaa utazayireka kuko ni social media yubakanye ubuhanga buhanitse iyo ukiyigeraho ibintu byose abaribyiza ubona bakubaza abantu niba ubazi koko ugasanga urabazi
nagiye ngerageza kuva kuri facebook ariko bikanga gusa nuko igihe cyari kitaragera wenda nawe uri gusoma ibi ushobora kuba ufite umugambi wo kuyireka arko ukumva biranze humura nuko igihe kitagera
DORE IMPAMVU ZATUMYE NGENDA NANGA FACEBOOK PAKA NYIVUYEHO BINYOROHEYE KUBURYO NTACYEKAGA


1-FACEBOOK IRASAZA: uko umuntu amara igihe kuri facebook niko contents zayo zigenda zisaza udufoto dusekeje iziri photoshoped wabonye ukiyigeraho nundi uje nyuma yawe ho imyaka 5 nizo aheraho a sharing ibyo bintu bigenda byisubiramo as loop byatangiye kugenda binyerekako facebook i bore
2-ABAHAKORERA AKAZI: abantu benshi bamaze kumenya ukunu social media ari tools ikomeye                                                   mugukora marketing baba abanyarwanda cg abanyamahanga ntago ikiri social media ahubwo yabaye nkumwanya wamatangazo, aabantu bishyura facebook ngo itwereke amatangazo yabo kuri internet hasigaye habaho abatubuzi bubwoko bwinshi ikinikimwe mukinu cyatumye ntiyumvamo facebook cya 1

3-GUTANDUKANYA FACEBOOK NA MESSENGER: nyuma yuko facebook imaze kubonako twamaze kuba addicted yatangiye kutugaraguza agati igakoraa ibiyifitiye inyungu ititaye kuba users gufata app ifite 150mb kuri phone ukayibyazamo ebyizi zose hamwe zifata umwanya wa 250mb kuri memorie ya phone nabibonyemo ikibazo mbere wasangaga apps imwe ihagije

4-UPDATE YA BURI CYUMWERU: mu Rwanda data sikinu gihendutse kumuntu utagera ahantu haba free wifi biragoye kwigondera 250mb za buricyumweru zo kwa updating facebook gusa utabariyemo data nyinshi ubwayo icyenera

5-GUCA MESSAGE MURI FACEBOOK YA BROWSER : ibibyo rwose sinabyihanganiye pe nyuma yikibazo cya data za buri week nahisemo gusiba apps za facebook na messanger muri phone bityo ni nzanjya nkoresha browser (safari) nuko hashize iminsi bati utegetswe ku downloading messanger bitabaye ibyo message ntazo ubona icyo gihe bwo kwihangana byaranze mfata umwanzuro wo kureka facebook burundu
kuberako nabonaga buri move yose yitaga kunyungu za company ya fcbk.
facebook siyemereraga umuntu ko a deleting account ye iyo abishatse baguhaga 2 weeks utagaruka bakabona kuyi deleting yewe niyo ugerageje ako kuba addicted sikabura ugaruka vuba bikaba biranze gusa nyimara kubona bategetse only inzira imwe yo gusoma message ariyo yokugira app ya messenger nahise desactiva account yewe sinitaye ngo weeks 2 nizishira nzagaruka kureba shwiii da nubu amezi ashize ari 6 ntarongerra gusunutsaa ubuzuru facebook.

nyuma yogukatira facebook nerekeje instagram ariko nubundi owner numwe ibyo bakoze kuri facebook nekerezako bazaza nokubikora muri insta kuko nabo magingo aya batangiye kujya bakubaza niba uyumuntu umuzi

No comments:

Post a Comment